in

Ipeleng na Lukay bari muri BBTitans bakoreye imibonano mpuzabitsina mu bwiherero (VIDEWO)

Ipeleng uturuka mu ntara ya Gauteng mu gihugu cya South Africa na Lukay uturuka kwazulu_natal muri South Africa bakaba bamwe mu bitabiriye amarushanwa ya The Big Brother Titans ahuza abanya Nigeria n’aba South Africa (Afrika y’Epfo), bagaragaye bavuye gukorera imibonano mpuzabitsina mu bwiherero .

Ni imibonano mpuzabitsina ikinyamakuru the life stlye kivuga ko yamaze hagati y’iminota 6 na 13 ,nyuma aba bombi  baza gusohoka umukobwa arikwitunganya ku myenda yo hejuru ,ahita ajya kujugunya agakingirizo muri pubeli , anakaraba intoki ari nabyo byashimangiye ko aba bombi bamaze gutera akabariro.

Ubundi amarushanwa ya Big Brother Titans ahuza abasore n’inkumi  bavuye mu gihugu cya Nigeria na Afrika y’Epfo ,bagashyirwa mu nzu imwe nini ifite ibyumba bitandukanye ,bakagenda bikoramo couple (abantu 2 babana mu cyumba cyimmwe nk’abakundana) icyo gihe muhurizwa hamwe mu giye mu bikorwa by’imyidagaduro,kurya cyangwa kuganira .

Ariko mugakoresha uburyo ki couple yanyu  ibona amanota avuye ku bantu bakurikiye irushanwa bagakunda couple yanyu , ubundi bakayitora kuburyo biyirinda ko yasezererwa mu marushanwa ,nyuma abagumyemo bagasigara ari couple imwe bagahembwa amafaranga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto y’indobanure y’umukobwa uvuka i Nyamasheke usa neza nka Keza Terisky yasajije abantu kumbuga nkoranyambaga

Ni iki mwarimu Pep Guardiola yahishe Mikel Arteta wabaye umunyeshuri we gituma amutsinda aho bahuriye bose