in

Inkuru nziza ku bakunzi ba King James ndetse n’ibihangano bye

Mu minsi mike ishize umuhanzi nyarwanda Ruhumuriza James uzwi muri muzika ku mazina ya King James yatangaje ko mu minsi iri imbere azaharika umuziki we, ibintu byababaje abantu benshi cyane bakunda umuziki we gusa kuri ubu agiye kongera gutaramira abakunzi be.

Gusa kuri ubu inkuru nziza ihari ni uko uyu musore ari mu bahanzi batoranyijwe bazaririmba mu giraramo East African Party kizasoza umwaka wa 2022.

Iyi nkuru yakiriwe neza n’abakunzi b’ibihangano by’uyu musore uzwiho kugira indirimbo z’urukundo zikundwa n’abatari bacye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AMAFOTO: Ihere ijisho ukuntu Kigali iri gushashagirana hitegurwa iminsi mikuru

Videwo: Abanya Argentina berekanye urukundo rudasanzwe kuri Messi ubwo bajyaga ku rugo rwa nyirakuru bakamuririmbira bidasanzwe