in

Inkuru nziza ku babyeyi n’abanyeshuri bose mu Rwanda

Abaturage hirya no hino mu gihugu bishimiye ikurwaho ry’agahimbazamusyi kagenerwa abarimu mu bigo by’amashuri ya leta kari kamaze kuba umurengera ndetse kabaremereye.

Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine avuga ko iki cyemezo cyafashwe nyuma yo kugaragaramo akajagari aho hari n’ibigo byishyuzaga ababyeyi asaga ibihumbi 150 FRW.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo ni indege yo kubutaka: Imodoka ya Shakib umugabo wa Zari yigonderwa na bake – Videwo

Miss Uwicyeza Pamela n’umugabo we The Ben muri Uganda bahagize nko murugo – VIDIO