in

Imyambarire y’umuhanzikazi Tiwa Savege imufasha kwigarurira abasore bakiri bato – AMAFOTO

Umuhanzikazi Tiwa Savege uri kuvugwa mu rukundo n’umuhanzi Omah Lay bombi bo muri Nigeria, akomeje kugaragara cyane ku mbuga nkoranyambaga ze yambaye imyambaro igaragaza ikimero cye.

Uyu muhanzikazi, akundana na Omah Lay arusha imyaka 18, kubera ko Tiwa Savege afite imyaka 43 naho Omah Lay we afite imyaka  25 y’amavuko.

Tiwa Savege kandi, kuri ubu akurikirwa n’abantu barengaho gato miliyoni 16 ku rukuta rwa Instagram.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

I Nyarugenge byakomeye: I Kigali ibendera ry’ubutinganyi ryazamuwe – VIDEWO

Byamuteye agahinda: Umuraperi Sky2 yatangaje akayabo k’amafaranga yahombejwe n’umuhanzi Social Mula