in

Imyambarire ya Mhadjiri ubwo yajyaga mu mwiherero yabaye igitaramo.

Ubwo abakinnyi bahamagawe mu mavubi bitabiraga umwiherero, bagaragaye mu myambarire itangaje ariko by’umwihariko Mhadjiri, Kwizera ndetse na Byiringiro.

 

Umukinnyi ukinira ikipe ya Police Fc  Hakizimana Mhadjiri, akigera mu mwiherero amafoto ye yahise atangira kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga hagawa uburyo yari yambaye cyane harebwe ku ikabutura yari yambaye.

Hari benshi bavuzeko yari yambaye umwenda w’imbere ukunze kwitwa Boxer.

Umuzamu wa Rayon Sport Kwizera Olivier wari waraburiwe irengero yongeye kugaragara ubwo abakinnyi bitabiraga umwiherero, imisatsi yagaragaye afite yateje urujijo hibazwa nimba yari yarabuze kugirango akoreshe iyo misatsi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyamubayeho biteye agahinda ubwo yarwanaga n’umugore we bimuviramo kwitaba Imana.

Inyamanswa 5 utari uzi z’inkazi kurusha izindi