in

Impaka zikomeje kuba nyinshi kuri penaliti bivugwa ko yimwe Amavubi kandi bigaragara ko ari yo (Videwo)

Abanyarwanda bikomye bikomye umusifuzi nyuma yo kudasifura umupira wakoze kuri myugariro wa Ethiopia wari kubyara penaliti.

Mu mashuri bigaragara ko myugariro wa Ethiopia yagiye kwataka yahishe amaboko gusa umupira uranga ukamukoraho. Ibintu abanyarwanda bavuze ko uyu musifuzi yabibye bikomeye cyane.

Impaka zabaye ndende ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye kubera iyo penaliti yimwe amavubi. Bamwe bemeza ko ari yo abandi bakabihakana.

Videwo

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wari ukunzwe mu mikino yagiriye kwibera hanze y’u Rwanda

“Hamwe n’umukobwa wange” Fleury umugabo wa Bahavu Jeanette yerekanye ifoto iteye ubwuzu ari kumwe n’imfura yabo