in

Impaka zacitse: Rutambi na wa Musore w’ibigango bahatanye guterura ibiremereye maze urenze aramenyekana (video)

Muribuka inkuru twigeze kubagezaho aho twababwiraga ko abasore babiri b’ibigango aribo Cyuzuzo na Rutambi bigeze kujya impaka rukabua gica bishakamo uwaba arusha undi guterura ibiremereye ndetse no gukora imyitozo undi atakora.

Mu nkuru iheruka ntawe urusha undi hagati ya Rutambi na Cyuzuzo wari wakamenyekanye gusa kuri ubu urusha undi yamaze kumenyekana nyuma yuko Cyuzuzo na Rutambi bajyanye muri gym maze Rutambi agahigika Cyuzuzo mu buryo bugaragara nkuko amashusho akurikira abigaragaza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itandukaniro hagati y’inyama zitukura n’inyama z’umweru

Amafoto yo mu bihe bitandukanye ya Miss Umunyana Shanitah wegukanye ikamba rya Miss East Africa 2021