in

Ikipe ya Rayon Sports izakina na Police FC idafite abakinnyi 2 bakomeye bari bamaze iminsi bakora ibitangaza muri Shampiyona

Ikipe ya Rayon Sports yari imaze iminsi ntabibazo ifite mu bakinnyi bayo, igiye gukina na Police FC idafite abakinnyi 2 bari bamaze iminsi bayihesha amanota.

Ikipe ya Rayon Sports imaze igihe ikora imyitozo nyuma yo gusubikirwa Shampiyona, izakina n’ikipe ya Police FC idafite abakinnyi 2 aribo Willy Essomba Onana ndetse na Ganijuru Ellie kubera kuza amakarita 3 y’umuhondo abategeka gusiba umukino umwe.

Ntabwo bishobora korohera ikipe ya Rayon Sports ubwo izaba ikina na Police FC imeze neza muri iyi minsi mu gihe idafite aba bakinnyi ba 2 byagaragaye ko bari mubayifasha cyane kubona instinzi mu gihe yabaga ikenewe cyane.

Tariki ya 1 Mata 2023, nibwo uyu mukino uzaba hagati ya Rayon Sports na Police FC mu mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona ubere kuri Sitade mpuzamahanga ya Muhanga.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: Habaye impanuka ikomeye cyane y’imodoka ebyiri nini cyane zagonganye ibishashi bigaturika maze abarenga 25 bagakomereka (AMAFOTO)

Police yanyomoje amakuru ari kuvugwa ku rupfu rwa nyakwigendera AKA