in

Ikipe ya Rayon Sports irakina idafite abakinnyi 2 bakomeye harimo umaze kuyitsindira ibitego byinshi uyu mwaka ndetse na myugariro ukomeye

Ikipe ya Rayon Sports irakina idafite abakinnyi 2 bakomeye harimo umaze kuyitsindira ibitego byinshi uyu mwaka ndetse na myugariro ukomeye

Kuri uyu wa gatanu, ikipe ya Rayon Sports irakina n’ikipe ya Bugesera FC mu mukino wa Shampiyona. Uraba ari umukino ukomeye cyane dore ko Aya amakipe ajya ahangana cyane.

Amakuru ahari avuga ko ikipe ya Rayon Sports irakina uyu mukino idafite abakinnyi 2 harimo Hertier Luvumbu Nzinga umaze iminsi yitwara neza ndetse akanafasha iyi kipe mu buryo bwose.

Ntabwo ari Luvumbu gusa ahubwo biravugwa ko na Rwatubyaye Abdul atarakina uyu mukino nubwo iyi kipe iraba yagaruye Mitima Issac utarakinnye umukino uheruka kubera amakarita 3 y’umuhondo yari yujuje.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yageze mu bukwe n’umugore we ahita amusaba divorce nyuma yo kumenya ko yaraye amuciye inyuma ku mu ex we 

Amashusho y’umugabo ugendera mu kagare ajyanye umwana we ku ishuri akomeje gukora ku mitima ya benshi