in

Igikorwa Beyonce yakoreye Yemi Alade ku isabukuru y’amavuko ye cyamurenze amusaba ikindi kintu gitangaje.

Umuhanzikazi Yemi Alade wo muri Nigeria yasazwe nibyishimo nyuma yo kwifurizwa isabukuru nziza y’amavuko na Beyonce ndetse amwereka uburyo azamwifurazamo isabukuru y’umwaka utaha.

Ubwo Alade yizihizaga isabukuru y’imyaka mirongo 32 mu minsi ishize Beyonce akaba ari mu bamwifurije isabukuru y’amavuko, Yemi abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yasangizje abafana be ubwo butumwa budasanzwe yakiriye.

Yongeraho ati ”Mwakoze mukuru wanjye hano hari ifoto y’umwaka utaha.”

Ifoto Yemi Alade yifuza ku isabukuru ye yubutaha.

Mu ifoto Beyonce yari yashyizeho yifuriza isabukuru nziza Alade ni iya cyera ya Alade ari nko mu myaka 15 undi nawe amuha noneho agifite imyaka itatu ngo azabe ariyo akoresha ubutaha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isekere:Uyu mukobwa w’ikizungerezi yivugira ko yagumiwe|ADEPER yari yarancupije.

Ibyo wamenya kuri uyu mujyi wa mbere udasanzwe ku isi|Ni wo wa mbere utazakandagiramo imodoka na rimwe(AMAFOTO).