in

Igikombe cy’isi cya 2022 muri Qatar u Rwanda ruzaba ruhagarariwe

Igikombe cy’isi cya 2022 kirabura iminsi mike ngo gitangire, harabura iminsi itagera kuri 30 ngo gitangire mu gihugu cya Qatar. Kizatangira tariki 20 Ugushyingo maze amakipe y’ibihugu atangire ahatane maze hace uwambaye.

Muri iki gikombe umugabane w’Africa uhagarawe n’ibihugu 5 muri iki gikombe k’isi aribyo Morocco, Senegal ,Ghana, Cameroon ndetse na Tunisia.

Ni ubwo muri ibi bihugu tuvuze haruguru u Rwanda rutarimo gusa ruzaba ruhagarariwe n’umusifuzikazi mpuzamahanga Mukansanga Salma uzasifura imwe mu mikino igize icyo gikombe.

Uyu musifuzi kazi ubu ari kwitegura kurira indege ijya muri Qatar dore ko FIFA yamugeneye byose bikenerwa mu rukundo rw’indege kandi bivugwa ko buri musifuzi wese uzasifura mu gikombe k’isi mbere yo guhaguruka mu gihugu cye abanze guhabwa akavagari k’amamiliyoni.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Police yemeje umubare w’abamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka yabereye ku kinamba

Amafoto:Reba ibyo abanyeshuri bategetswe kwambara mu buryo bwo kwirinda gukoperana mu bizamini