in

Ifoto y’umunsi : Meddy asigaye ari kumuvuga butumwa mu rusengero

Ngabo Medard wamenyekanye cyane nka Meddy, umwe mu bahanzi Nyarwanda bakunzwe n’abatari bake, akomeje kuvugisha benshi bakeka ko yaba yinjiye mu y’indi mirimo.

Meddy yagiye akora indirimbo nyinshi zitandukanye ziganjemo iz’urukundo, gusa yajyaga acishamo akaririmba izo kuramya no guhimbaza Imana.

Uyu Meddy nyuma yaje kwerura avuga ko ubu agiye kwiyegirira Imana akajya aririmba izo kuramya no guhimbaza Imana gusa.

Nyuma yuko yatangiye kujya aririmba izo ndirimbo, abantu batangiye gucyeka ko yaba yinjiye mu mirimo y’ivuga butumwa bitewe n’ifoto yasakaye ku mbuga nkoranyambaga ari Kubwiriza mu rusengero. Ifoto

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Liverpool yananiwe gukomeza kuyobora urutonde rwa Shampiyona y’u Bwongereza.

Byabereye mu ruhame! Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Byiringiro Lague n’umugore we basomaniye mu ruhame abari aho bariyamira (Videwo)