in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Ifoto yateje urujijo ku isi, abantu bose bari kuyitirira.

Ifoto ikomeje gutera urujijo abantu batandukanye hirya no hino ku isi ndetse bamwe batangiye kuyiyitirira.Ni ifoto igaragaza umuhanda muremure ugoramye nk’inzoka ukaba unyura mu ishyamba ry’inzitane.

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kugira urujijo rw’aho iyi foto yafatiwe.Iyo urebye kuri Twitter bamwe batangaje ko iri shyamba ryitwa Ciao Nihon, abandi bati “ni Nyungwe😄 yo mu Rwanda, abandi ngo ni mu Budage, hari n’abavuze ko ari muri Ethiopia.Gusa nkuko bigaragara kuri konti ya Instagram y’umukerarugendo witwa Tom iyi foto yafatiwe mu gihugu cy’u Budage.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba utunze izi telefoni ntuzongera gukoresha Whatsapp

Uburanga bw’umukobwa ugaragara mu mashusho y’indirimbo nshya ya Gabiro Guitar(AMAFOTO)