in

Ibyo tubeshywa muri Film byatangiye kujya ahagaragara(amashusho)

Ni kenshi tureba filime tukabonamo abantu bakora ibitangaza, ndetse birenze imitekerereze ya muntu,urugero nko gusimbuka inyubako ndende, kunagana ku ndege iri mu kirere,kurasana kandi batwaye moto cyangwa imodoka nibindi.ibi byose bikaba bisigaye bikorwa n’ikoranabuhanga rigezweho ,ndetse banyirubwite ntambaraga babitakajeho.

Mu gace gato k’amashusho ya filime yitwa “John Wick 3” tugiye kureba hari ahagaragaramo abakinnyi ba filime bagenda barasana batwaye moto ndetse humvikano urusaku rwinshi nkurwo mu muhanda nyamara ,byose ntabyabayeho kuko bari babibereye aho filime yakiniwe ahubwo bakinisha moto gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video: Ikipe iri muri Champions league yo muri Gambia yatse lifti none igiye guhera muri Algeria

Niba ushaka gutera ishyari uwari umukunzi wawe akakwanga ,kora ibi bintu.