in

Ibyo abafana ba Sierra leone bashakaga gukorera inzu y’umukinnyi warase penaliti biteye agahinda

Kai Kamara umukinnyi wa Sierra Leone byabaye ngombwa ko Police irara mu rugo rwe irurinze kuko abafana bari barubiye ko bamusenyera, nyuma yo guhusha penariti mu mukino wabahuzaga na Equatorial Guinea iyo penaliti yari kubahesha Ticket ya 1/8.

Kamara w’imyaka 37 amaze imyaka 13 akinira ikipe y’igihugu.

Kamara ubwo yahumurizwaga n’umudamu we ndetse n’abana be bari baje kumushyigikira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Ubutumwa bw’ijambo ry’Imana’ Shaddyboo yanditse bikomeje gutungura benshi

Uyu muzungu waririmbiye aba banyeshuri indirimbo yo mu kinyarwanda wamuha angahe ku 10 ?