in

“Ibise nabyo tubyite umwaku”: Ikipe ikomeye cyane hano mu Rwanda ikomeje kugaragaraza ko idahirwa cyane n’umukino wa mbere utangira shampiyona dore ko ihora itsindwa akavagari k’ibitego 

“Ibise nabyo tubyite umwaku”: Ikipe ikomeye cyane hano mu Rwanda ikomeje kugaragaraza ko idahirwa n’umukino wa mbere utangira shampiyona dore ko ihora itsindwa akavagari k’ibitego.

Ikipe ya Etoile De L’Est iherutse kunyagirwa na Musanze FC ibitego 4-1 mu mikino wa mbere wa shampiyona ya Rwanda Premier League yahise ishimangira ko ariyo kipe yihariye agahigo katari keza guhera muri 2009 ko kuba ikipe izamutse mu cyiciro cya mbere igatsindwa akavagari k’ibitego mu mukino ufungura shampiyona.

Ibi bigarutsweho kubera ko iyi kipe ubwo yaherukaga kuzamuka mu cyiciro cya mbere mu mwaka wa 2021-2022 yatsinzwe ibitego bitatu 3-0 bikaba bigaragaraza ko iyi kipe byibuze uko izamutse mu cyiciro cya mbere itsindwa ibitego bitari mutsi ya bitatu.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Byanze bikunze turazana undi rutahizamu” kubera ubuswa abataka ba Gasogi United bari kugaragaza, Perezida KNC yarahiriye kuzana undi mwataka abo akaba abashyize ku ruhande

Ese nawe nizo ziri kubigukorera muri iki cyumweru? Hamaze gutangazwa indirimbo 10 ziri guhiga izindi muri iki cyumweru maze Juno Kizigenza yongera kwemeza abo bahanganye