in

Ibise aribyifatamo ate? Ibintu bibi cyane byigeze kuba kuri Cristiano Ronaldo atazigera yibagirwa mu mateka ye kugeza apfuye bimaze kuba kuri rutahizamu Kylian Mbappé 

Ibise aribyifatamo ate? Ibintu bibi cyane byigeze kuba kuri Cristiano Ronaldo atazigera yibagirwa mu mateka ye kugeza apfuye bimaze kuba kuri rutahizamu Kylian Mbappé.

Ikipe ya Paris Saint Germain yo mu gihugu cy’u Bufaransa yafashe umwanzuro ukakaye cyane wo gukuraho igishushanyo cya rutahizamu wayo Kylian Mbappé cyari inyuma kuri sitade yiyi kipe yitwa Parc des Prince ibi bikaba bibaye nyuma y’uko uyu musore akomeje kugaragaraza ko atifuza gukomezanya n’iyi kipe yamuhaye byose yifuzaga.

Ibi bintu byabaye kuri rutahizamu Mbappé ntabwo ari ubwa mbere bibaye mu mateka ya ruhago dore ko bisa neza nk’ibyigeze kuba kuri Cristiano Ronaldo ubwo yavaga mu ikipe ya Manchester United.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Barcelona yongeye yagarutse: Ikipe ya FC Barcelona yafashe Tottenham iyikubita iz’akabwana

Yasutse peterori mu muriro! Umunyamakuru yakije umuriro hagati ya Burna Boy ,Diamond Platnumz na Ali Kiba