Ibi ubizanye muri Apr warara utashye kwa mama wawe! Nyuma yo gutsinda umuzamu wa Rayon yarwanye n’umutoza ndetse batukana ibitutsi bibi bapfa akantu k’amafuti.
Nyuma yo gutsinda Gasogi ibitego 2 kuri 1, umuzamu wa Rayon byarangiye agiranye amakimbirane n’umutoza wabo mukuru.
Amakimbirane yatangiye ubwo Bonheur yabwiraga nabi Serumogo kubijyanye na penaliti bateje, ni uko umutoza yabyivanzemo aje guhosha amakimbirane ariko birangira Bonheur afashwe n’umujinya aba atangiye gushyamirana n’umutoza hafi yo kurwana.
Ndetse Bonheur yumvikanye atuka umutoza we ibitutsi nyandagazi.