in

Hita utangira kubikora kano kanya! Ngiri ibanga utigeze umenya riba mu guhoberana n’umuntu mudahuje igitsina

Wari wahoberana n’umuntu mudahuje igitsina? Ese wumvishe bimeze gute? Buriya mu guhoberana habamo amabanga menshi abantu batajya bapfa kumenya.

Twifashishije inyandiko y’ikinyamakuru Healthline.com twaguteguriye ibintu biba mu guhoberana n’umuntu mudahuje igitsina.

Birinda indwara

Burya guhoberana bigabanya ibyago byo gufatwa n’uburwayi, kuko iyo ubikoze umubiri urushaho gukora ubwirinzi bwinshi.

Birinda umunaniro wo mu bwonko (stress)

Uzumve iyo ufite stress warangiza ugahoberana n’umuntu mudahuje igitsina ukuntu uhita umera. Ibi bikwibagiza icyaguteye uwo munaniro.

Bigabanya agahinda

Ujya ubibona cyane iyo umuntu afite agahinda ukuntu ahobera uwo bari kumwe kugira ngo amuture ako gahinda. Burya ni wumva ufite agahinda uzahobere umuntu muzaba muri kumwe bizashira.

Bikomeza imibanire

Iki ni ikintu cyiza, kuko iyo mu mibanire y’abantu hatarimo guhoberana hari ikintu kiba kubura. Niyo mpamvu uzasanga abantu benshi bari mu rukundo bahoberana buri uko bahuye.

Ibindi twavuga ni nko kurinda gufatwa n’umutima, ubusabane, ni ikimenyetso cyo kwiyunga, biruhura ubwonko, bizamura amarangamutima n’ibindi.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mwa bana mwe mwagiye mureke kwigisha abakuru imico yanyu, Abageni batumye abakuze basomana karahava

Ubu ni ubugome bw’indengakamere: Umuryango w’abana 5 n’umugore utwite inda nkuru bakorewe igikorwa cy’ubunyamanswa gishobora no guhitana ubuzima bwabo