in

Haruna Niyonzima yagiranye ibihe byiza n’umugore we ndetse n’abakobwa be (Amafoto)

Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi, Haruna Niyonzima, yagiranye ibihe byiza n’umuryango we (umugore we ndetse n’abakobwa be 2), aho yari yabasokanye ku mazi.

Haruna Niyonzima, yashakanye na Cassandra Rayan babyaranye abana babiri b’abakobwa. Nyuma yo kunyura mu makipe akomeye muri Africa y’Ibirasirazuba, ubu Haruna akina mu ikipe ya Al Ta’awon yo muri Libya.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itike imwe ku mu-Rayon w’umukire ni ibihumbi 100Frw! Ibiciro by’itike yo kwinjira kuri ‘Rayon Day’ byagiye hanze

Inkuru y’akababaro; Rwamagana umusaza w’imyaka 70 yakoze impanuka ikomeye cyane