in

Haruna Niyonzima yageneye ubutumwa aba siporotifu bose muri iki gihe cyo kwibuka abazize jenocide yakorewe abatutsi mu 1994

Mu gihe u Rwanda n’isi yose bikomeje kwibuka no kuzirikana abazize Jenocide yakorewe abatutsi mu 1994, Haruna Niyonzima nawe yageneye ubutumwa aba siporotifu bose.

Muri ubu butumwa yageneye aba siporotifu yakomeje gushimangira ko gusenyera umugozi umwe ari uburyo bwiza bwo kurwanya ingenga bitekerezo ndetse no kwirinda gupfobya Jenocide yakorewe abatutsi muri Mata 1994 mu Rwanda.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nshobozwabyosenumukiza na Salima Mukansanga bageneye ubutumwa urubyiruko muri icyi gihe cyo kwibuka

Umuhanzi Harmonize yahumurije abanyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi