in

Hari ababyeyi b’i Rusizi batabariza abana b’abakobwa basambanyirizwa mu makamyo ahaparikwa

Hari ababyeyi bo mu karere ka Rusizi mu murenge wa Bugarama batabariza abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 13-17 basambanyirizwa mu makamyo ahaparikwa.

Aba bana b’abakobwa basambanywa n’abashoferi baparika aho bategereje kujya muri DRC.

Ubuyobozi bw’umurenge wa Bugarama buvuga ko ibyo butabizi icyakora ngo bihari ntibwabirebera.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nkunda abakunzi ba Rayon Sports na Kigali” Umunya-Brésil Robertinho mu muryango ugaruka muri Rayon Sports

Mu mwambaro wa Gikundiro, Rutahizamu w’umunya Congo Brazzaville amaze gusinyira Rayon Sports – AMAFOTO