in

Hamenyekanye impamvu abahanzi bamwe nka Big Fizzo, Bushali, Lino G n’abandi batumiwe mu gitamo cya The Ben batashye badahawe umwanya ngo baririmbe kandi bagombaga kuririmba

Mu gitaramo cyabereye mu Bujumbura mu ijoro ryo ku itariki ya mbere, hari abahanzi bari batumiwe ariko bagenda bataririmbye nkuko byari byateganyijwe.

Impamvu aba bahanzi bataririmbye: ubusanzwe igitaramo aho cyari cyateganyirijwe kubera siho cyabereye kubera ubwinshi bw’abantu bacyitabiriye, iki gitaramo aho kimuriwe hari mu kigo cya gisirikare, ndetse abayobizi baho hantu batanze isaha ntarengwa igitaramo cyagombaga gusorezwaho, bityo rero umwanya wabaye muto bituma bamwe mu bahanzi barimo na Big Fizzo bataha bataririmbye.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nuko impucumita ihembe impurenza impanga ” umwana muto cyane akomeje kuba kimenya bose kubera impano ye idasanzwe yo kuvugira inka, dore ko abirusha ababigize umwuga banabyize

Umukobwa usa nka se yavutse, umukobwa w’umuhanzi ukunzwe mu Rwanda usigaye wibera muri Leta Zunze Ubumwe z’America yagize isabukuru y’amavuko maze se aramutakagiza nk’umubyeyi wese wabyaye