in

Hagaragaye imirambo 21 y’abantu bishwe n’inzara batewe n’umurengwe

Mu iperereza irimo gukora, Polisi ya Kenya imaze gutaburura imirambo 21 hafi y’Umujyi wa Malindi uherereye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw’iki gihugu, bikekwa ko ari iy’abantu bishwe n’inzara bigizwemo uruhare n’umupasiteri wabibategekaga mu kwigana Yezu.

BBC yatangaje ko mu bataburuwe harimo n’abana, ndetse ngo hari amakuru ko aho hantu hashobora kuba hashyinguwe imibiri irenze iyabonywe.

Iyo mibiri yataburuwe mu ishyamba rya Shakahola riherutse kurokorerwamo abandi bantu 15 mu cyumweru gishize, bagiye guhitanwa n’inzara nk’uburyo bwo kugendera mu nzira ’Umwana w’Imana’ yanyuzemo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birangiye Murera yigaragaje! Umukino wari wasubitse wahuzaga ikipe ya Rayon Sports na Rwamagana FC, usojwe kuri iki cyumweru

Izakora ikosa izaririra mu myotsi: Menya imikino APR FC na Kiyovu Sports zisigaje gukina kugira ngo zishakemo iyegukana igikombe cya shampiyona y’u Rwanda