in

Hafi miliyari! Hatangajwe umutwaro w’amafaranga umuntu ushaka kwitirirwa shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda agomba kuza yitwaje

Hafi miliyari! Hatangajwe umutwaro w’amafaranga umuntu ushaka kwitirirwa shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda agomba kuza yitwaje.

Perezida wa Rwanda Premier League, Mudaheranwa Yussuf, yavuze ko Shampiyona y’u Rwanda yatangiye kuvugana n’abashoramari bashobora kuyitera inkunga, agaragaza ko ikiguzi kizatangwa n’ushaka kuyitirirwa cyavuye kuri miliyoni 160 Frw kigera kuri miliyoni 700 Frw.

Mu minsi ishize ni bwo Star Times yatangaje ko izerekana Shampiyona y’u Rwanda binyuze kuri Magic Sports TV, Shene ya Televiziyo Rwanda yerekana imikino.

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 17 Kanama 2023, Perezida wa Rwanda Premier League, Mudaheranwa Yussuf, yasobanuye aho imyiteguro ya shampiyona igeze n’ibiri gukorwa kugira ngo ibyo ubuyobozi bwiyemeje bigerweho.

Mudaheranwa yavuze ko kugeza ubu batarasinya amasezerano n’umufatanyabikorwa uzerekana shampiyona

Kwitirirwa Shampiyona y’u Rwanda ntabwo bizajya munsi y’ibihumbi 600$ [miliyoni 709 Frw].

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Twahuye dufanana” Ubuhamya bwa Junior Rumaga kuri Yvan Buravan umuze umwaka atabarutse bwendaga kuriza Abanyamakuru yari ari kububwira

Nyamwanga kumva ntiyanze no kubona! Abamotari n’abashoferi barenga 250 bongeye gufatwa birengagije ibyo basabwe