in

Habaye impanuka ikomeye y’imodoka yari irimo umuraperi ukomeye aho yiyubitse mu mugezi utemba (AMAFOTO)

Ku munsi w’ejo hashize, habaye impanuka ikomeye cyane y’imodoka yari irimo umuraperi ukomeye cyane mu gihugu cy’u Burundi, Mkombozi Lucifer.

Iyi modoka yo mu bwoko bwa coaster yakoze impanuka igeze ahitwa i Nyanza-Lac aho uyu muraperi wari uyirimo yahise atabaza.

Mkombozi yagize ati: “I Nyanza Lac mu rubindi mudufashe coaster turimo iguye mu mazi.
Turapfuye ni munyaruke mudufashe.”

Nyuma y’ubwo butumwa abatabazi bahise batabarira hafi aho bahise babajyana mu bitaro by’i Nyanza-Lac

Icyateye iyi mpanuka ni uko iyo modoka yagonze ihene n’inka bikaza kurangira nayo yibaranguye yisanga mu mazi.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Patrick Sibomana yafashije ikipe ye kubona amanota atatu bigoranye 

Ikipe yo muri Jordanie yamaze gutegura miliyoni zikabakaba 300 ngo isinyishe rutahizamu Mpuzamahanga wa Rayon Sports