in

Haba hahiye koko! Miss Muyango yerekanye uko aba ameze mu kabyiniro maze abantu benshi batangira kubaririza aho bibera – VIDEWO

Umunyamakuru akanaba umushyushyarugamba Miss Uwase Muyango wigeze kwegukana ikamba rya Miss Photogenic muri Miss Rwanda 2019, yatumye abantu batangira kubaririza akabyiniro aba arimo nyuma yo kubereka amashusho agaragaza uko haba hameze.

Ni amashusho yasangije abamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram, maze asaba abamukurikira ko bazitabira kuri iki cyumweru ndetse bakanatumira inshuti zabo.

Ubwo abamukurikira bahise batangira kubaririza aho bibera.

Reba videwo aho hasi

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umwana na nyina bagiye kwanda se?” Sunny wamenyekanye mu ndirimbo ‘Kungora’, yaciye igikuba kuri Instagram kubera ibyo yagaragaje arimo akorana n’umukobwa we – AMAFOTO

Ikinaniye ifaranga urajugunya! Umuherwekazi Judith uherutse gutandukana na Safi Madiba, yagaragaye arimo aryoshya n’umukunzi we mushya abazungu barimo babaririmbira – VIDEWO