in

Gute wipeveye umuryango nta n’ijana ukorera? Ku isabukuru y’amavuko ya Juno Kizigenza hagaragaye ifoto ari kumwe na Mama we yaririmbye muri Nightmare

Gute wipeveye umuryango nta n’ijana ukorera? Ku isabukuru y’amavuko ya Juno Kizigenza hagaragaye ifoto ari kumwe na Mama we yaririmbye muri Nightmare.

Kuri uyu wa Kane nibwo umuhanzi Juno Kizigenza yagize isabukuru y’amavuko.

Kuri uyu munsi nibwo hanasakaye ifoto ari kumwe na Mama we yaririmbye muri Nightmare.

Mu ndirimbo uyu musore yise nightmare, yaje kuririmbamo Mama we aho yamubazaga ukuntu yitaye ku murongo kandi nta kazi yari afite.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkumi z’i Nyarugenge ntizashimaho: Yanga Africans yerekanye imyambaro mishya yifashishije inkumi z’uburanga burangaza benshi -AMAFOTO

Miss Lellie Carelle Ndayizeye wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Burundi 2023 ufite ubwiza buhebuje yagize ibyishimo bidasanzwe ku isabukuru ye y’amavuko – AMAFOTO