in

Guma mu rugo irongeye: Hashyizweho Guma mu rugo kubera impamvu y’ikintu gikomeye cyari cyiri gutwara ubuzima bw’abantu

Hashyizweho Guma mu rugo kubera impamvu y’ikintu gikomeye cyari cyiri gutwara ubuzima bw’abantu.

Nyuma y’ubwicanyi bumaze iminsi bukorwa, buyobozi bw’Intara ya Kwango muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwategetse ko abaturage bose bagomba kuba bari mu ngo zabo.

Aba baturage bategetswe kuguma mu ngo zabo hagati ya saa 20h00 na 6h00 za mugitondo.

Kubera ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera, ubuyobozi bwatangaje ko nibura abantu 11 ari bo hahitanywe n‘ubugizi bwa nabi mu Burengerazuba bw’iki gihugu.

Ubu bwicanyi bugirwamo uruhare n’imitwe y’itwaje intwaro y’abo mu bwoko bw’Aba-Yaka.

Umuvugizi w’Intara ya Kwango ubu bugizi bwa nabi bwabereyemo, Adélard Nkis, yabwiye AFP ko ibyo bikorwa byabaye mu ijoro ryo ku wa 12 Gicurasi 2023, aho abagabo bo mu gace ka Mobondo bagabye ibitero ku ka Batshongo, maze abasirikare babiri, umupolisi n’abasivili babiri bahita bagwa muri ibyo bikorwa.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakiri bato bakomeje kwiyahura umusubirizo, Nyakabanda umusore ukiri muto yiyahuye akoresheje kimwe mu bikoresho byica nabi abagerageje kubikoresha biyahura

“Bigoye ariko biryoha” Rigoga Ruth yavuze ibintu 3 bigora abadamu ariko bikanabaryohera – AMAFOTO