in

Gatsibo: Hari umugabo uri gusaba abagore ba abandi ko baryamana wabyanga ugahura n’uruva gusenya

Mu karere ka Gatsibo haravugwa inkuru y’umugabo uzengereje abaturage abasaba ko baryamana babyanga agahita atangira kubatoteza no kubateranya ku bagabo babo.

Abaturage bavuga ko ababangamiye kuko ngo iyo ahusabye ko muryamana ukabyanga ahita ajya kubibwira umugabo wawe ugasanga urugo rurasenyutse kubera uwo mugabo.

Umwe mu bagore yagerageje kwaka ko baryamana yagize ati: Twahuriye mu muhanda arambwira ngo turyamane Kandi ngo ntimbyanga azampiga kugeza mfuye.

Src. BTN

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu musengere: Umunyezamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Ntwari Fiacre yateye impungenge umukunzi we kubera ibintu yamubonanye

Alyn Sano yongeye gutuma abakunzi be bamukoreraho inkomati nyuma yo kubereka ibyo bamukundira -AMAFOTO