in

Fondoti ntimarwaho n’isabune ahubwo imarwaho na ‘Demadema’! Dore igisubizo ku bantu bari bafite ibiheri mu maso ndetse n’ingaruka mbi ku ruhu ziterwa no kwisiga Makeup – VIDEWO 

Kwisiga ibirungo bizatugiraho ingaruka nyinshi kandi zitari nziza, Kwisiga cyangwa icyo benshi bakunze kwita kwitera furesheri (frecheur) bakunda kwita”Make up” muri iyi minsi bisigaye byaramamaye ku kazina k’akabyiniro kitwa “Mukorogo”.

Gusa ibi birungo nyuma yo kubyisiga hari ingaruka mbi bitera ku ruhu bitewe nuko uko bimara igihe kirekire ku ruhu biteza ingaruka mbi.

Nk’uko bisobanurwa n’impuguke ku ndwara z’uruhu Mama Salama, avuga ko koga amazi n’isabune byonyine kandi wisize Makeup, bigira ingaruka zitari nziza ku ruhu.

Kwisiga Makeup ntukore isuka bitera ingaruka zirimo gutoboka uruhu, kuzana ibiheri no kuzana amabara ku ruhu

Muri izi ngaruka harimo, gutobagurika k’uruhu, kugira ibiheri, kuzana amabara ndetse na kanseri y’uruhu. Gusa ariko Mama Salama agufitiye imiti ikomoka ku bimera akura ku mugabane wa Asia na Dubai ndetse n’ibikoresho akoresha avura.

Mama Salama afite imashini yifashimwa mu kuvura indwara z’uruhu (izi mashini azikura mu Buhinde no mu Bushinwa)

Ni iyo mpamvu rero, Mama Salama agira inama abantu bose bafite ibi bibazo byose by’uruhu ko bamugana aho akorera mu isoko rya Nyarugenge abavura ikibazo cyose kijyanye n’uruhu.

Ndetse kandi ku bantu bisiga Makeup, Salama abafiyiye isabune ya ‘Demadema’ ikoreshwa no uri koga kugira ngo Makeup ishireho burundu.

Kubera ibikoresho iyi mpuguke ikoresha, ibikura mu Buhinde, Ubushinwa na Dubai, rero ku bantu wese ufite ikibazo cy’uruhu iyo ugezeyo bisaba icyumweru kimwe gusa ugatangira kubona impinduka.

Uwifuza kubagana wabasanga mu isoko rya Nyarugenge, mu nyubako ya mbere, ku murongo wa GF 45 na 331 iruhande rwa COPEDU. Ku bindi bisobanuro waduhamagara kuri nimero: 0781904532/ 0784048537, cyangwa ukatwandikira kuri whatsapp :0788 538 135.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
elie
elie
7 months ago

Muraho neza? nagira ngo mbabaze amaribori aravurwa?

Agnes
Agnes
7 months ago

Rwose mubagane ibintu byabo birizewe kd birakora

Urwandiko rwa Nyabyenda rusaba guhindura amazina

Amafoto yaranze ibirori bya Miss Uwase Muyango wakorerewe ibirori byo gusezera ubukumi none ubu akaba yitegura kurushinga na n’umunyezamu Kimenyi Yves