in

Amafoto yaranze ibirori bya Miss Uwase Muyango wakorerewe ibirori byo gusezera ubukumi none ubu akaba yitegura kurushinga na n’umunyezamu Kimenyi Yves

Miss Uwase Muyango ukomeje imyiteguro yo gukora ubukwe n’umunyezamu wa Amavubi Kimenyi Yves, yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi.

Ni ubukwe buteganyijwe ku wa 06 Mutarama 2024 nyuma y’imyaka 3 Kimenyi yambitse impeta y’urudashira Muyango Claudine ndetse bakaza guhita babana.

Mu minsi yashize, Muyango nibwo yakorewe ibirori byo gusezera ku rungano. None ubu amafoto yagiye hanze.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Fondoti ntimarwaho n’isabune ahubwo imarwaho na ‘Demadema’! Dore igisubizo ku bantu bari bafite ibiheri mu maso ndetse n’ingaruka mbi ku ruhu ziterwa no kwisiga Makeup – VIDEWO 

Ikipe ya Addax SC ya Mvukiyehe Juvenal yatangiye igikombe cy’Amahoro itsinda ikipe yo mu cyiciro cya mbere – AMAFOTO