in

Ese waruziko ingagi zigira urukundo kurusha izindi nyamaswa zose zo ku Isi

 

Ingagi ni zimwe mu nyamaswa zikunzwe cyane ku Isi dore ko zifite imiterere ijyakumera neza nkiya bantu akaba ari zimwe mu nyamaswa zidakunze kugaragara ahantu henshi ku Isi.

U Rwanda ni kimwe mu bihugu bifite ubukerarugendo bukunzwe cyane dore ko rusarwa cyane n’abantu baturutse hirya no hino ku Isi baje kureba ingagi ziba muri pariki y’ibirunga mu karere ka musanze.

Abahanga bavuga ko burya ingagi zigira urukundo rwinshi cyane kubera ko ingagi zikunda kuba hamwe kandi iyo hagize ingagi ipfa ifite umwana izindi ngagi zimufata neza cyane haba hari iyotsa ikamwotsa kandi ikamufata neza nk’uko ifata umwana wayo.

Kandi iyo ingagi y’ingabo imenye umwana wapfishije nyina iramurinda cyane kuruta uko yarinda undi ufite nyina kandi burya ingagi abahanga bemeza ko arizo nyamaswa za mbere zigirana urukundo kurusha izindi nyamaswa zose zo ku Isi.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana ba FC Barcelona bibagije Messi agahinda aterwa n’abafana ba PSG _ VIDEWO

Urutonde rw’amazina 20 y’abakobwa na 20 y’abahungu agezweho muri 2023