Imyidagaduro
Dore uko urukundo rushya ruri kugurumana muri Oda Paccy

Umuhanzikazi Oda Paccy wakundanye ho igihe kitari gito na Producer Lick Lick banabyarana umwana w’ umukobwa nyuma, Lick akaza ku musiga akerekeza muri Amerika kuri ubu Paccy yaba yabonye umukunzi wo kwishumbusha uwa kera nubwo agikomeje kubigira ubwiru.
Oda Paccy ni umwe mu bahanzikazi Nyarwanda bagiye bavugwa cyane bitewe n’ imikorere ye ndetse no kudacika intege muri muzika agakomeza guhatana n’ abagenzi be n’ umwete mwinshi ndetse yageze naho yewe  yifotoreza mu gitanda atambaye igice cyo hejuru kugira ngo yigarurire ijisho ryitangazamakuru  kuri iyi ncuro yanditse amagambo  agaragaza ko hari umuntu uri kumususurutsa ariko yanze kubyerurira YEGOB.RW,nyamara hari amakuru ayigeraho yemeza ko kuri ubu Oda yaba afite uwo bari kubyumva kimwe ariko adashaka gutangaza .
Paccy ati” Ntabwo wakiyumvisha ukuntu umutima wanjye usimbuka iyo nkubonye,ndakunda cyane cyane cyane ….[] maze ashyiraho udushushanyo tw’umutima 7
Oda Paccy uherutse kwifotoza yakuyemo imyenda abenshi bakabimugayira ,YEGOB.RW yamubajije niba aya magambo ari igisonuro cy’uko afite umukunzi mushya nyuma ya Lick Lick ariko yanga kubyemera ,araruca ararumira.
Comments
0 comments
-
Hanze19 hours ago
Wa musore ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije ukundana n’umukobwa w’ibiro 100 ari mu mazi abira.
-
Mu Rwanda11 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
inyigisho19 hours ago
Ngibi ibintu bibi cyane ukwiriye kwirinda gukora mu gitondo ukibyuka|byakugiraho ingaruka utitonze.
-
Utuntu n'utundi13 hours ago
Nta muntu utazatwika: Umukecuru w’imyaka 92 akomeje gutwika imbugankoranyambaga bitewe n’amafoto akomeje gushyira hanze.
-
Utuntu n'utundi19 hours ago
Mu mafoto:Irebere ubwiza bw’ikiraro gikozwe mu birahuri|benshi cyabateye ubwoba.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Miss Ingabire Grace yavuze impamvu atakigaragara ku mbuga nkoranyambaga
-
Hanze12 hours ago
Umuraperi AKA yashyinguye umukunzi we witabye Imana nyuma yo kumwambika impeta
-
Mu Rwanda15 hours ago
Wa musore Pattel mwakunze ararize|yerekanye umukunzi we baterana imitoma.