Imyidagaduro
Dore uko urukundo rushya ruri kugurumana muri Oda Paccy

Umuhanzikazi Oda Paccy wakundanye ho igihe kitari gito na Producer Lick Lick banabyarana umwana w’ umukobwa nyuma, Lick akaza ku musiga akerekeza muri Amerika kuri ubu Paccy yaba yabonye umukunzi wo kwishumbusha uwa kera nubwo agikomeje kubigira ubwiru.
Oda Paccy ni umwe mu bahanzikazi Nyarwanda bagiye bavugwa cyane bitewe n’ imikorere ye ndetse no kudacika intege muri muzika agakomeza guhatana n’ abagenzi be n’ umwete mwinshi ndetse yageze naho yewe  yifotoreza mu gitanda atambaye igice cyo hejuru kugira ngo yigarurire ijisho ryitangazamakuru  kuri iyi ncuro yanditse amagambo  agaragaza ko hari umuntu uri kumususurutsa ariko yanze kubyerurira YEGOB.RW,nyamara hari amakuru ayigeraho yemeza ko kuri ubu Oda yaba afite uwo bari kubyumva kimwe ariko adashaka gutangaza .
Paccy ati” Ntabwo wakiyumvisha ukuntu umutima wanjye usimbuka iyo nkubonye,ndakunda cyane cyane cyane ….[] maze ashyiraho udushushanyo tw’umutima 7
Oda Paccy uherutse kwifotoza yakuyemo imyenda abenshi bakabimugayira ,YEGOB.RW yamubajije niba aya magambo ari igisonuro cy’uko afite umukunzi mushya nyuma ya Lick Lick ariko yanga kubyemera ,araruca ararumira.
-
Imyidagaduro17 hours ago
Bimwe mu byamamare mpuzamahanga byatwawe umutima n’uburanga buhebuje bw’Abanyarwandakazi(AMAFOTO)
-
inyigisho20 hours ago
Nujya gusezera uwo ukunda ujye umuha ukuboko kw’ibumoso| dore impamvu
-
Imyidagaduro23 hours ago
URUKUNDO RURASHONGA:Bijoux wo muri Bamenya uherutse kwambikwa impeta yamaze guhindura Fiancé (VIDEO)
-
Imyidagaduro15 hours ago
Miss Ricca Michaella yumiwe nyuma yuko abajijwe niba ikibuno cye atari igipapirano
-
Imyidagaduro20 hours ago
Umugore wa Nyakwigendera Dj Miller yongeye kwerekana ko akizirikana umugabo we
-
inyigisho22 hours ago
Uretse amabuno y’abakobwa b’i Kigali, dore ibindi bintu bisigaye bituma abagabo baca inyuma abagore babo
-
Inkuru rusange4 hours ago
Inkweto umwuzukuru wa Joe Biden yambaye sekuru arahira zikomeje guca ibintu hirya no hino ku Isi.
-
imikino3 hours ago
Yannick Mukunzi yagereranyijwe n’ibihangange Cristiano Ronaldo, Messi ndetse na Neymar