in

Dore uburyo bwagufasha gutuma ex wawe yicuza icyatumye agusiga

Dore uburyo bwagufasha gutuma ex wawe yicuza icyatumye agusiga.

Kenshi hari ubwo ukunda umuntu ukamwimariramo ndetse ukamwubaha ariko we ntakubahe ahubwo akabona uri nkagakoresho ke ndetse akumva ko utamufite utabaho.

Niba koko umuntu runaka ataraguhaye agaciro kandi waramweretse urukundo nyarwo, ntukage wicuza icyatumye agenda ahubwo wowe uzatume yicuza icyatumye agusiga. Ubu buryo bukurikira ni bumwe mu bwatuma uwahoze ari umukunzi wawe yicuza.

1.Gerageza uburyo ki ubona umukunzi mu gihe gito cyane mugitanduka: iyo mutandukanye ukamara igihe kinini nta mukunzi ufite, aba yibwirako atagukunze ntawundi wagikunda, ariko iyo abona uhise ubona undi biramubabaza cyane agatangira kwifuza kuzakugarukira.

2. Igihe mwatandukanye jya ugerageza wambare neza cyane ndetse ushake umucyo cyane kurenza uko wabaga umeze mugikundana.

3. Hagarika itumanaho ryose mwagiranaga, ndetse najya akwandikira na message uyisubize hashize igihe kinini.

4. Igire inshuti n’abantu ukunda kubona bahanganye nawe.

5. Nimuhurira mu nzira ntuzange kumusuhuza, ariko uzamubwi mwiriwe cyangwa mwaramutse ubundi wikomereze ntakindi muvuganye.

Ibyo byose nubikora bizatuma abonako yibeshye ndetse abone ko mutakiri ku rwego rumwe, bityo atangira ku kwifuza

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mafoto dore ubwiza, imiterere n’ikimero by’umukobwa wakinnye aterana akabariro muri filime ya Alliah Cool 

“Uwaguha Mama wange se ko nawe nta mugabo afite”: Umusore yatanze Mama we kumugaragaro kubera impamvu ikomeye (Video)