in ,

Dore uburanga bw’umukobwa usanzwe abuza abagabo benshi gusinzira ugiye kubyinana ingwatira mubiri na Buravani

Tunda Anna uzagaragara mu ndirimbo ‘Just a dance’ ya Yvan Buravani ni umunyamideri n’umubyinnyi wabigize umwuga wo muri Tanzania. Mu minsi ishize aherutse no kugaragara mu ndirimbo ‘Salome’ ya Diamond Platnumz,usibye kubyina no kumurika imideli Tunda azwi nk’umwe mu bakobwa bafite ikimero muri iki gihugu giherereye mu Burasirazuba bw’u Rwanda.

Tunda na Buravani mu ifatwa ry'amahusho ya 'Just a dance'
Tunda na Buravani mu ifatwa ry’amahusho ya ‘Just a dance’

Uburanga bwa Tunda bwateye Buravani kumutumira maze aza mu Rwanda kugira azamukoreshe mu mashusho y’indirimboye nshya yise ” Just a dance “,Tunda wiyita Boss Babe ni umwe mu bakobwa bakurikiwe cyane muri Tanzania ndetse azwiho kwiyogoshesha nk’abagabo ndetse no gushyira hanze amwe mu mafoto atajya yorohera igitsina gabo

Amwe mu mafoto azagaragara mu mashusho y'iyo ndirimbo
Amwe mu mafoto azagaragara mu mashusho y’iyo ndirimbo

.

Mu mafoto reba uburanga bwa Tunda wagaragaye mu mashusho y’indirimbo Salome ya Diamond ndetse ugiye kuzagaragara abyinana ingwatira mubiri na Buravani mu  mashusho yamaze gifatwa y’indirimbo Buravani yise  “Just a Dance ”

aaabwkw

aajkaoaal
a
akarypla
aba

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore igiteye Miss Miss Vanessa Mpogazi kwerekeza muri Korea

Menya ibanga ry’imiterere irangaza benshi ya Miss Keza Joannah (amafoto)