in

Dore ibyaranze umunsi wo gusezera kuri Yanga muri South Africa

Nkusi Thomas wamamaye ku izina rya Yanga mu gusobanura films yaraye asezeweho mu cyubahiro n’abanyarwanda ndetse n’inshuti ze ziba South Africa.

Uyu muhango wabereye mu mujyi wa Johannesburg witabiriwe n’abantu batandukanye barimo inshuti ze zo muri Africa y’Epfo, abasanzwe bakorana n’umugore wa Yanga aho muri Africa y’Epfo dore ko ariho we atuye n’abana ndetse n’abandi Banyarwanda batandukanye baba muri iki gihugu.

Umubiri wa Yanga biteganyijwe ko ugera hano mu Rwanda kuri uyu wa gatanu ndetse akazashyingurwa ku wa mbere w’icyumweru gitaha.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ababyinnyi n’abaririmyi bitorero inyamibwa hatashye barwa mu bitabiriye iserukiramuco hanze y’u Rwanda

Ifoto: Abantu bagaragaje uburakari kubera ikipe bategetse gukina yambaye udupfukamunwa