in

Ababyinnyi n’abaririmyi bitorero inyamibwa hatashye barwa mu bitabiriye iserukiramuco hanze y’u Rwanda

Ababyinnyi, abaririmbyi n’abavuza ingoma 13 bari bagize Itorero Inyamibwa riherutse kwitabira ’Festival des cultures du monde’ mu Bufaransa, baburiwe irengero, hataha icyenda gusa.

Ababyinnyi b’itorero inyamibwa bari bamaze igihe kirenga ukwezi ku mugabane w’iburayi aho bakoze ibikorwa bitandukanye mu gihugu cy’ubufaransa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Aseka neza” Miss Ruzindana Kelia uri mu rukundo na Element Eleeh yashimangiye uburanga bwe (Amafoto)

Dore ibyaranze umunsi wo gusezera kuri Yanga muri South Africa