in

Dore abakinnyi bamaze gutsindira ikipe ya Rayon Sports ndetse n’uduhigo iri kwesa

Rayon Sports ikipe ikomeje kwitwara neza muri shampiyona y’u Rwanda aho kugeza ubu itari yatakaza umukino n’umwe cyangwa ngo uwunganye kandi bakaba bageze ku munsi wa 8.

Mu bakinnyi bayifashe bakayitsindira ibitego bigatuma ikomeza kwitwara neza harimo,Onana Essombe umaze gutsinda ibitego 3,Essenu Mussa 2,Mucyo Didier 2,Mbirizi Eric 2 ndetse n’abandi barimo,Ndekwe Felix, Paul Were na Rafael bamaze gutsinda igitego kimwe kimwe.

Nubwo bageze ku munsi wa 8,Rayon Sports yo imaze gukina imikino 6,ikaba ifite imikino 2 y’ibirarane icya As Kigali ndetse na Gorilla Fc,muri iyo mikino 6,imaze kwinjiza ibitego 12,yinjizwa ibitego 3,kur’ubu ikaba ifite amanota 18/18 ifite ibirarane 2.

Kugez’ubu ikipe ya Rayon Sports niyo yonyine itari yatakaza umukino muri shampiyona y’u Rwanda cyangwa ngo iwunganye.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akamaro ndetse nibyiza byo gupfumbatana mubuzima

Philippines: Ingofero z’abanyeshuri zo ’kurwanya gukopera’ mu kizamini zagarutsweho cyane