in

Diamond na The Ben bagiye gukora ibitangaza bitazibagirana mu mitwe ya benshi – Amafoto

Diamond Platnmuz wageze i Kigali aje kwitabira igitaramo kizatangirwamo ibihembo bya Trace, yakiriwe n’umuhanzi Nyarwanda The Ben.

Biravugwa ko The Ben na Diamond bashobora kuzajyana ku rubyiniriro bakaririmbana indirimbo yabo Why. Iyi ndirimbo ni imwe mu zakunzwe cyane ndetse ngo ishobora no kuza mu zambere muri iri rushanwa.

Benshi bahise bagira amatsiko y’uburyo stage iriho Diamond na The Ben yaba imeze.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Luvumbu watahanye Ball, yifotoreje kuri Mr Eazi bagenzi be barumirwa [AMAFOTO]

The Ben yongeye guhura na Diamond Platnumz nyuma yo guhuzwa na Coach Gael [VIDEWO]