in

Davis D yerekanye imodoka y’umuzinga yihembye nyuma y’ibitaramo yakoze

Umuhanzi Davis D wamamaye cyane ku izina rya Shine Boy yerekanye imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz yihembye nyuma y’ibitaramo yakoreye ku mugabane w’i Burayi.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Davis D yashyize hanze videwo aho yari atwaye imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz yihembye maze ayiherekesha amagambo agira ati « NYUMA YA TOUR  NIHAYE CADEAUX MUTEGEREZE NIZINDI ».

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umupolisi yatunguye umukunzi we wiga muri Kaminuza amwambikira impeta imbere y’abandi banyeshuri(AMASHUSHO)

Umunyamakuru wari ukunzwe kuri Televiziyo Rwanda yimukiye muri America