in

Davis D umwami w’abana yakoreye igitaramo muri Uganda maze abakobwa b’ibizungerezi barasara(Amafoto)

Umuhanzi nyarwanda David Icyishaka uzwi ku mazina ya Davis D wiyita umwami w’abana ukora umuziki ukundwa n’abatari bake, muri iyi minsi ari gukora ibitaramo bizenguruka isi mu rwego rwo kwegera abakunzi be aho bari hase ku isi.

Muri ibyo bitaramo hari icyo aherutse gukorera mu gihugu cya Uganda, gusa ibyo yakoreye abanya Uganda byatumye akomeza kwerekana ko ari umwami w’abana koko, abakobwa baho b’ibizungerezi nti bifuzaga kumukoraho.

Ari ku rubyiniro abakobwa bamutesheje umutwe maze bakifuza ko yabakoraho ndetse kandi bashakaga ko bakifotozanya, bari gusakuza cyane mbega bamugaragarije urukundo rukomeye maze bimukora ku mutima.

Nyuma yabajijwe niba umukunzi we atajya abangamirwa no kubona Davis D akundwa n’abakobwa benshi asubiza ko yamukunze aziko biba ku muhanzi wese.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu gatimba, umugeni yafashwe n’uburwayi bwo mu mutwe yirukanka mu muhanda abantu barumirwa (Video)

Rosine Bazongere yasubije mu buryo butangaje umufana we wamusabye ko umwana we yateretana n’uwe