in

David Bayingana yanenze bamwe mu banyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi

 

Umunyamakuru w’imikino David Bayingana ukorera @bbfmumwezi yanenze bamwe mu banyarwanda birirwa babarira iminsi ku ntoki ngo basubire mu byabo muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 .

David Bayingana mu butumwa yanyujije kuri Instagram ye avuga ko hari abanyarwanda usanga bigize ntibindeba aho kwifatanya nabandi banyarwanda muri ibi bihe turimo byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi ahubwo ugasanga bari kubarira iminsi ku ntoki ngo birangire bisubirire mu byabo.

David Bayingana asoza avuga ko abo ntaho bataniye na bamwe usanga mu gihe cy’amahoro babi biciye ariko hagira ikiba bagakizwa n’amaguru ndetse avuga ko bakwiye kwigaya.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese wari uziko igitunguru kigira umugabo indashyikirwa mu gutera akabariro? Menya uko bikorwa

Umuvugizi wa APR FC Tonny Kabanda yasabye abasiporotifu bose ibintu bikomeye muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi