in

Danny Usengimana yazamuye amarangamutima ya benshi ubwo yasezeraga ku ikipe ya APR FC

Rutahizamu Danny Usengimana uherutse kugurwa n’ikipe ya Police FC yazamuye amarangamutima ya benshi nyuma yo gusezera ku ikipe ya APR FC avuyemo.

Ni nyuma yuko Danny ashyize hanze amwe mu mafoto ya kera ubwo yakiniraga APR RC akayaherekesha amagambo yuzuyemo gushimira cyane Abayobozi ba APR FC ndetse n’abafana kubera urukundo bamweretse.

Nyuma yo gushyira hanze aya mafoto, Danny yayaherekesheje amagambo akurikira:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Euro2020: Jack Grealish yasubije amagambo akomeye abamwibasiye ko atateye penaliti

Indirimbo nshya ya Niyo Bosco yazamuye amarangamutima ya Bamporiki.