in

“Cyarabyinaga na Mama akagira ubwoba, dore ko mfite kinini” Gihozo Alliah avuze uburyo bamuroze ikibuno cye kikajya kibyinisha abantu bakagirango niwe uri kubikora ku bushake

“Cyaribyinishaga na Mama akagira ubwoba” Gihozo Alliah avuze uburyo bamuroze ikibuno cye kikajya kibyinisha abantu bakagirango niwe uri kubikora ku bushake

Mu kiganiro yagiranye na Murungi Sabin, I Gihozo Alliah wamenyekanye cyane muri sinema nyarwanda yavuze ko bigize kumuroga uburozi budasanzwe.

Yavuze ko bamuroze ibintu bitandukanye gusa igitangaje cyane ni ukuntu bamuroze ikibuno kikazajya kibyinisha kandi atari ubushake bwe.

Yavuze ko rimwe yari yicaye mu ntebe bakakibyinisha Mama we akajya agirango ni we uri kubikora, dore ko ari nawe ufite kinini.

Gusa ubu yaravuwe arakira ubwo burozi bwamushize mo.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya koko ubuze ukwagira agwa neza! Diamond Platunmz akomeje kuyoboza inkoni y’icyuma umunya Senegal Sadio Mané yifashishije igikundiro amurusha

“Byanze bikunze turazana undi rutahizamu” kubera ubuswa abataka ba Gasogi United bari kugaragaza, Perezida KNC yarahiriye kuzana undi mwataka abo akaba abashyize ku ruhande