in

Cristiano Ronaldo yafatiwe ibihano bikakaye cyane.

Igihangage muri ruhago C.Ronaldo yahawe igihano cyo kudakomeza kwitozanya na bagenzi be muri Manchester United azira ukwivumbura yagaragaje asohoka muri stade umukino wabahuzaga na Tottenham utarangiye ndetse akaba yaranze kujya mu kibuga asimbuye.

CR7 ukomeje kugenda agaragaza imyitwarire itari mwiza muri Manchester United ibyo bituma abakurikirana ruhago muri rusange bemeze ko natisubiraho ashobora gusoza umyuga we nabi.

Umutoza wa Manchester United Eric Ten Hag we yamaza gutangaza ko agiye guhangana nawe ni mu gihe CR7 we yatangaje ko impamvu yavuye ku ntebe y’abasimbura ariko umugore we yari yamutegetse kutarenza saa tatu atarataha,ibyo byatumye abantu bakomeza kuvuga ko CR7 atazi kubeshya.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niyonzima Haruna agiye gutangwaho akayabo n’ikipe yo mu Barabu

Gerard Pique azakina yambaye jezi yanditseho “Shakira”wahoze ari umukunzi we