Umuvuduko w’iterambere ry’isi uri kugenderaho ujyana nuw’ ikoranabuhanga muri rusange. Muri iki gihe telefoni zigezweho zifasha abantu mu itumanaho zigenda ziyongera. Gusa akenshi usanga abakobwa bazikoresha...
Umugore ushaka kurinda umugabo we agahinda n’ishavu yirinda ingeso mbi. Ushobora kwibaza ingeso mbi zaranga umugore zikaba zatuma umugabo we amuhurwa. Izi ni zimwe muri zo:...
Ubumenyi ngiro bwagiye bugaragaza ko kenshi abantu b’ igitsina gore bose bari hagati y’imyaka 18 na 35 ngo urugingo rwabo rwose rw’ umubiri wakoraho rushobora gutuma...
Gucana inyuma ni ikibazo kirigufata indi ntera mu bashakanye, hari impamvu ziza ku isonga ahanini zitera abagabo kurarikira abagore b’abaturanyi. Bamwe ngo ntibaba banyuzwe n’imyitwarire y’abagore...
Bamwe mu bagabo bagakwiye kumenya amagambo bakwiye kubwira abakunzi babo amagambo meza atuma bakomeza gushimangira urukundo rwabo. Igitsina gore gikunze cyane gushimishwa n’amagambo aryohereye babwirwa n’abakunzi...
Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye aryamanye n’undi mugabo ni kimwe mu bintu bibabaza abagabo, bagatangira kwishinja amakosa, kwirengagiza ibyabaye, kurwana n’ibindi, gusa ibi byose nta kintu...
Hari ibintu abakobwa muri rusange bashaka mu basore ku buryo utabifite batagukunda kabone n’ubwo waba ufite amafaranga. Muri ibyo bintu bashaka harimo ibi 4 by’ingenzi buri...
Bimaze kumenyerwa ko benshi mu bakobwa bacudika n’abasore cyangwa abagabo, bashaka kugira icyo babakuraho, ibi abagabo ntibakunze kubitahura kuko nabo akenshi hari ikindi baba bakurikiye ku...
Mu rukundo, kwereka umukunzi wawe ko umukunda, kumushimisha si ukuba muri kumwe gusa cyangwa kumuha ibintu bimushimisha, amagambo wamubwira n’ubutumwa wamwandikira bifite uruhare rukomeye cyane.Niyo mpamvu...
Si mu Rwanda gusa, ku Isi hose ubushakashatsi bugaragaza ko gatanya zirimo kwiyongera.Byashoboka ko byaba biterwa n’ uko urukundo ari nk’ akarabo gatoha none ejo kagahonga...