in

Mugore uwo mugabo azahita ajya gushaka abandi: Amakosa 4 akorwa n’abagore mu buriri

Mu gitanda cy’abashakanye, hari ibintu abagore bakora gusa bikaba ari amakosa ashobora no gutuma umugabo ajya gusaka abandi bagore. Dore amakosa 4 akorwa n’abagore mu gitanda.

1.Gutinya gusakuza igihe urangije

Mu gihe umudamu yumva agiye kugera ku byishimo bye byanyuma, hari abifata ugazanga yanze kugaragaza ibyishimo byabo. Hari abazakuza, abavuga amagambo menshi yisykiranya, abavuza induru, agafata cyane umugabo ndetse n’ibindi byinshi bikorwa n’abadamu bageze ku byishimo byabo bya nyuma mu gihe cyo gutera akabariro.

Mugore niba wajyaga wifata, jya wirekura urekure amarangamutima niba usakuza usakuze, kuko bizatuma umugabo amenya ko ugeze ku byishimo bya nyuma.

Niba ujya utinya gusora amajwi utunya ko hari abakumva, mbere yo gukora urukundo, mujye mubanza kujya ahantu muri bwisanzure.

2. Guhorana isoni mu buriri mu gihe cyo gutera akabariro

Hari abagore bagira isoni kuvuga ibintu mu mazina yabyo, bagatinya kubwira abagabo aho bakura ibyishimo byihariye.

Wowe mugore, mu gihe cyo gutera akabariro, isanzure uvuge ibintu mu mazina yabyo ubwire umugabo igice kigufasha kurushaho kuryoherwa bityo abe aricyo yibandaho.

3. Wowe mugore kudatangiza igikorwa bihoraho

Hari abagore bagira imyumvire ko umugabo ariwe ufata iyambere mu gutangira igikorwa cy’abashakanye, ibyo ni amakosa.

Iyo umugabo ahora afata iyambere mu gutangira iki gikorwa, bituma y’umva ko akubangamiye, yumva ko abigukoresha ku gahato. Rero nk’umugore nawe ukwiye kugira uruhare muri iki gikorwa, igihe wumva ubishaka tinyuka ubimubwire ndetse unabigiremo uruhare.

4. Kutamenya imyanya myubarukiro igufasha kuryoherwa mu gihe k’igikorwa

Abagore bamwe na bamwe, bakunze kugira amakosa yo kutamenya ibice byabo by’umubiri bibafasha kwishima cyane mu gihe cy’igikorwa cy’abashakanye.

Ni iyo mpamvu umugore akwiye kwimenya akamenya ibyo umugabo we akwiye kwibandaho bituma anyurwa n’igikorwa cy’abashakanye.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ndende koko! Amafoto y’imbwa yaciye agahigo ko kuba ariyo ndende ku Isi

Nyabugogo: Umugabo yafashe ibintu bye byose arabitwika kubera impamvu yateye ubwoba ababonye akora ibyo bikorwa by’ububwa