Mu buzima muntu ahura na byinshi bimuza intege ndetse rimwe na rimwe akiheba akumva kubaho ntacyo bimaze,gusa burya ntabwo aba ari ngombwa ko wumva ubabaye kugeza...
Ni ngombwa ko umenya icyerekezo ufite mu buzima bwawe,uko waba ungana kose,iyo winjiye mu rukundo ,uba ugiye mu mukino wo gukinisha umutima,kandi umutima uhura n’ububare ,niyo...
Ubuzima bw’amagana y’abantu buratandukanye ,hariho abamenye ikisira kandi bakakigendera kure hari n’abaisanze bakora ibyangwa n’amaso y’uwiteka ,bifuza kubivamo birabahira ariko kandi hari n’abemera ko bakoze uko...
Uko iminsi ishira indi igataha ababana bahuje ibitsina bagenda biyongera ku Isi ndetse bakigaragaza mu ngeri zinyuranye z’ubuzima nubwo abenshi babifata nk’amahano cyangwa nk’ibikorwa bihabanye n’umuco...
Umukunzi wacu ati” maze igihe kinini nshaka kubandikira ngo mbabwire ibyambayeho gusa nkabura aho mpera,mu mbabarire gatoya niyite Umulisa kuko guhita nkoresha izina ryanjye bishobora  kungiraho...
Kwikinisha n’igikorwa abenhsi batavugaho rumwe ,dore ko abahanga mu buzi bagiye bagaragaza ko bifite ingaruka zikomeye mu buzima bw’ubikora,gusa hakaboneka n’abandi bagiye badatinya kugaragaza ibyiza bya...
Birumvikana ko ari wowe wihitiramo imyenda ikubereye waba ugiye kuyigura cyangwa kuyambara ndetse yewe hari igihe  ari wowe ukoresha amafaranga yawe bwite ,ariko se bimaze iki...
Nk’uko bisanzwe abasomyi ba YEGOB bakomeje kwifashisha imbuga nkoranyambaga badusaba ko twabafasha kugisha inama abadukurikira,gusa burya ibibazo birushanya uburemere ndetse ibibabaza birushanya kuryana,rimwe na rimwe hari...
Hashize imyaka isaga 500,Juan Diego abonekewe na Nyina wa Jambo maze amusaba ko ku musozi wa Tepeyac (Mexique) hakubakwa kiliziya mu izina rye,Juan Diego amaze kubibwira...
Abantu benshi bahangayikishwa n’uko amenyo yabo aba atari umweru uko babyifuza ndetse ahari abafata inzira bakajya kuyacongesha kugira bigabanuke abandi bagakoresha imiti n’iyindi kugira barebe ko...