in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Musore , nurebana n’umukobwa agatangira kurya umunwa we wo hasi, ntuzabe umwana||dore icyo aba ashaka.

Abantu benshi cyane cyane ab’igitsina gabo bibaza icyo bisobanuye iyo umukobwa murebanye agatangira kurya umunwa we wo hasi. Kuri iyi nshuro muri iyi nkuru tugiye kugusobanurira ibi kandi ubisome witonze hato ejo utazahura n’umukobwa akakuganiriza ukananirwa kumusubiza, bitewe nuko utasobanukiwe nicyo yashatse kukubwira.

Umukobwa nimuhura agatangira kurya iminwa ye yo hasi, uzamenyeko yakwishimiye cyane ndetse afite amatsiko menshi yo kukumenyaho byinshi. Aba yatangiye kandi kukwiyumvamo ndetse aba ari no kugerageza kubikwereka.

Aba yishimiye cyane uwo uri we. ibi ariko bitandukanaho gato, iyo uhuye n’umugore agatangira kuruma umunwa wo hasi, we aba yifuza ko umubano mufitanye uzamuka ukava kuby’ubucuti busanzwe. Muri macye hano, umugore aba ashaka kubana nawe ndetse aba afite amatsiko yo kukubona mubana hamwe uko byaba bimeze.

Tugarutse ku bakobwa iyo akugeze imbere kandi agatangira kurya iminwa yo hasi, aba akwereka ko yishimiye imiterere yawe, ninkaho yakakubwiye ko uteye neza. Mu buzima busanzwe ushobora kuba utari mwiza kubandi ariko kuri uwo mukobwa ahanini bigendera kubyo akunda kumuntu we yita mwiza.

Kenshi umukobwa mukundana nimuhura agatangira kurya iminwa yo hasi, urukundo ruba rwamurenze, ninka kwakundi aba yumva yakumira wese ngo akwitungire mu mubiri we. ibi kandi abakobwa babikora kugira ngo bakwereke ko bishimiye kuba arikumwe nawe, reka tukubwire ko ibi ubwo abikora nawe yumva byabaye kuko biza atabizi, akisanga yatangiye kuruma umunwa we wo hasi.

Ahanini kandi ibi bishobora kuba kuko ibyo akwiyumviramo yatinye kubivuga kumunwa maze umutima ugahitamo kubivuga ku bimemenyetso, iyo uri umuhanga rero uhita umenya neza icyo bivuze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video: Reba ibyo Bianca Baby na Mc Buryohe bakoreye imbere y’abafana muri Kigali Arena

Ibintu 5 bidasanzwe utari uzi kuri Butera Knowless